Latest posts

inshot 20260611 113638351

Perezida Kagame Yakuyeho Minisiteri Mu Biro Bye: Ese Inshingano Zayo Zigiye He? Abaturage Bakwiye Guhangayika?

Mu mpinduka nshya Perezida Paul Kagame yakoze muri Guverinoma y’u Rwanda, kimwe mu byatunguye benshi ni icyemezo cyo gukuraho umwanya wa Minisitiri mu Biro bya Perezida wa Repubulika, umwanya wari umaze imyaka irenga 15 uri muri Guverinoma y’u Rwanda.Ni icyemezo cyahise gituma umubare wa za Minisiteri ugabanuka ukava kuri 21 ukagera kuri 20, ndetse kikaba…

inshot 20260608 200301654

M23 Yakoze Impinduka Zikomeye mu Buyobozi bwa Goma na Lubero, Hashyirwaho Abayobozi Bashya

GOMA, RDC – Ihuriro AFC/M23 ryatangaje impinduka nshya mu buyobozi bw’ibice rigenzura mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho bamwe mu bayobozi bari basanzwe mu myanya yabo bakuweho maze hashyirwaho abandi bashya. Izi mpinduka zemejwe n’icyemezo nimero 024/COORDO-PR/AFC-M23/2026 cyo ku wa 06 Kamena 2026.Nk’uko bigaragara muri icyo cyemezo, AFC/M23 yavuze ko impinduka zakozwe hagamijwe kunoza imiyoborere…

1000059529

Sobanukirwa Ibihano Bishya Amerika Yafatiye Abayobozi Ba M23 | Yashyizwe Kurutonde Rumwe Na FDRL

Mu gihe intambara ikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Leta Zunze Ubumwe za Amerika zongeye kugaragaza ko zihagaze ku ruhande rwo gushaka igisubizo kirambye.Ibi byagaragaye ubwo Amerika, ibinyujije mu rwego rwayo rushinzwe ibihano (OFAC), yafatiraga ibihano abayobozi babiri b’ingenzi b’imitwe yitwaje intwaro ikorera muri ako karere: Umuyobozi wo…